Umunyeshuri yafashwe yonkera igitsina cya mugenzi we mu ishuri i Kinshasa

Umukobwa wiga mu Ishuri Rikuru ry’Ubucuruzi rya Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yafashwe mu gihe cy’amasomo yonka igitsina cy’umusore bigana.

Amashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza uyu mukobwa yashyize umunwa mu matako y’umusore wicaye mu ntebe nk’aho nta kirimo kuba, imbere yabo hari ibitabo.

Nyuma yo kumenya iyi myitwarire, Umunyamabanga Mukuru ushinzwe amasomo muri iri shuri, Prof. Nzenza Mpangu François-Michée, yafashe icyemezo cyo kwirukana burundu aba banyeshuri.

Ibaruwa ya Prof. Nzenza igira iti “Ntewe ishema no kumenyesha igihano mwafatiwe kuri uyu wa 21 Gashyantare 2025 cyo kubirukana burundu mu Ishuri ry’Ubucuruzi rya Kinshasa.”

Iri shuri kandi ryirukanye burundu n’undi munyeshuri wa gatatu. Bica amarenga ko iki gikorwa kitakozwe na babiri gusa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *